Please turn JavaScript on

Umuryango.rw

Get updates from Umuryango.rw via email, on your phone or read them on follow.it on your own custom news page.

You can filter the news from Umuryango.rw that get delivered to you using tags or topics or you can opt for all of them. Unsubscription is also very simple.

See the latest news from Umuryango.rw below.

Site title: Umuryango.rw

Is this your feed? Claim it!

Publisher:  Unclaimed!
Message frequency:  20.64 / day

Message History

Slot asize izina rikomeye muri Liverpool, kuko mu mwaka we wa mbere yayihesheje igikombe cya Premier League, ibintu byari byongeye kuzamura icyizere cy’abafana nyuma yo gusezera kwa Jürgen Klopp.

Nubwo yatangiye neza, imikino yo kwishyura ya saison ya 2025-2026 ntiyagenze neza kuri Liverpool. Iyi kipe yari yashoyemo amafaranga menshi mu kongera imbaraga mu bakinnyi bas...


Read full story

Ku wa kane, abarepubulikani 18 bifatanyije n’abademokarate mu gushyigikira iryo tegeko ryitwa ’Ukraine Support Act’, ryatowe ku majwi 226 y’abarishyigikiye n’amajwi 195 y’abatarishyigikiye.
Uru ni rwo rugero rwa vuba aha cyane rugaragaza abarepubulikani bitandukanya na Perezida w’Amerika Donald Trump mu gihe cya vuba aha gishize.
Ariko ntibishoboka ko uyu mushinga w’i...


Read full story

Mu gusubiza, Kremlin yatangaje ko Zelensky ashobora guhura na Putin i Moscou “igihe icyo ari cyo cyose”.

Zelensky yavuze ati: “Ukraine irasaba ko iyi ntambara yarangira binyuze mu biganiro by’imbona nkubone hagati yanjye nawe. Ndagusaba guhura.”
Yongeyeho ko hakwiye gushyirwaho itariki izwi y’iyo nama, kandi ko Ukraine yiteguye guhagarika imirwano burundu mu gihe i...


Read full story

Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu ruzinduko yagiriye muri Afurika y’Epfo.

Yavuze ko kuba Kenya yaremeye kwakira Abanyamerika bakekwaho Ebola nta kibazo kirimo nubwo abenshi harimo n’abenigihugu batemeranya n’icyo cyemezo.

Ati “Ndababwira nkomeje nta bwoba mfite ndetse mwese mbareba mu maso ko turi gukora ibintu bikwiye. Ntabwo byari kuba ...


Read full story

Iri buranisha riteganyijwe kugeza ku wa 17 Nyakanga 2026, rikaba rihanzwe amaso n’Abanyarwanda, ndetse n’imiryango iharanira ubutabera ku byaha bya Jenoside.

Dr Eugène Rwamucyo wahoze ari umuganga mu bitaro bya Kaminuza y’u Rwanda i Butare (CHUB), yakatiwe n’Urukiko rwa Rubanda rwa Paris nyuma yo guhamwa ibyaha birimo ubufatanyacyaha muri Jenoside, kubiba urwango rushi...


Read full story